Africhem Rwanda Ltd mu gutunganya ikibuga cya cricket.
RCA yagiranye amasezerano na Africhem Rwanda Ltd mu kubatera inkunga yo gutunganya ikibuga cya Cricket kiri ku kicukiro
Ni nde uzegukana Wayne Rooney?
Wayne Rooney ni umwe mu bakinnyi biteguye kuva mu ikipe ya Manchester United, ariko inkuru zivuga aho azerekeza zikomeje kuba nyinshi ku buryo ntawapfa kumenya aho uyu mugabo azerekeza
Manuel Pellegrini agiye gusimbura Mancini muri Man. City.
Manuel Pellegrini ubusanzwe utoza ikipe ya Malaga yo mu kiciro cya mbere mu gihugu cya Espagne yamaze kwerekeza mu ikipe ya Manchester City aho aje guzasimbura umutoza Roberto Mancini.
Nyuma yo gutsinda mukeba wayo 2-0 Young Africans yegukanye igikombe cya 24 cya Shampiyona.
Mu mpera z’iki cyumweru dusoje nibwo shampiyona y’igihugu y’umupira w’amaguru muri Tanzaniya yasojwe.
Young Africans yatwaye igikombe cya shampiona
Imikino ya Copa Coca Cola igeze muri ½
Mu rwego rwo gushaka abana bafite impano mu gukina umupira wa maguru imikino yari igeze muri ¼ cy’irangiza rya Copa Coca Cola, akaba ari irushanwa riterwa inkunga na Bralirwa ibicishije mu kinyobwa cya Coca Cola
Igikombe cy’amahoro Turwanye Malariya muri ½ imikino ibanza
Muri ½ cy’igikombe cy’amahoro Turwanye Malariya imikino ibanza ikaba yamaze kuba ku makipe yageze muri icyo cyiciro, umukino wabaye kuri uyu wa gatandatu hagati ya As Kigali yari yakiriye APR
Imyitozo ya U 19 bitegura kujyamu gikombe cy’ isi muri Mexico muri volleyball
Nyuma yaho baboneye itike yo kujya mu gikombe cy’isi kizabera kuri Mexico kuva taliki ya 27 kamena kugeza 07 Nyakanga 2013,abo bana batangiye imyitozo aho bitoza buri gihe muri week-end
Tombola ya U19 ya volleyball mu gikombe cy’isi Mexico
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 17 kamena 2013, mu mujyi wa Tijuana habaye tombora yababonye tike yo gukina imikino ya nyuma muri U19 muri volleyball, amakipe 20 akazakinira mu mijyi ya Tijuana na Mexicali ho muri Baja California kuva 27 kamena kugeza 7 Nyakanga 2013
Umunsi wa 7 wa Shampiyona ya Handball
Muri uyu mwaka muri handball hashobora kuzabamo gutungurana muri Shampiyona kuko ubona amakipe yose yiteguye, ntabwo bizaba nkuko byari bisanzwe ubona ikipe ya Police isa nkaho ikina yonyine
Gusoza amahugurwa y’abatoza ba Handball mu rwego rwa mbere nurwa kabiri
Kuva taliki ya 22 Mata kugeza 10 Gicurasi 2013 ni hafi ibyumweru bisaga bitatu hahugurwa abatoza bagera kuri 38 mu mukino wa Handball,abo batoza bakaba bagabanije mu byiciro bibiri 21 bo mu cyiciro cya mbere na 17 bo mu cyiciro cya kabiri

























